Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Kurikira ibijyanye n’amabwiriza agenga imikoreshereze y’Amadovize mu Rwanda
20/12/2025 - 10:07
BK na Israel Mbonyi bagiye kwinjiza Abanyarwanda muri Noheli bishimye
18/12/2025 - 22:00
Ihame rya RPF ryo kurwanya ruswa ntirihinduka- Perezida Kagame
19/12/2025 - 22:13Iziheruka
Twasuye Knowless na Clement! #GumaMuRugo ntibabuza gukomeza akazi
15/04/2020 - 18:29
Bugesera: Mamashenge wiciwe ababyeyi ku myaka 5 yarakuze ubu ni umubyeyi wa babiri
13/04/2020 - 11:37
#Kwibuka26: Amateka ya Rugamba Sipiriyani wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
12/04/2020 - 09:45
Kambanda Yemeye ibyaha 11, bishimangira ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yateguwe kuva kera
9/04/2020 - 16:16
DJ Miller yashyinguwe....Umva ubuhamya bukomeye bw’abo babanye
9/04/2020 - 15:28
Umuntu umwe yasize ubuzima mu mpanuka y’ikamyo ya Bralirwa itwara ibinyobwa
9/04/2020 - 15:13
Belgique: Mazina Deogratias aratubwira uburyo Abanyarwanda bahuje Kwibuka no kwirinda COVID-19
9/04/2020 - 14:48
#Kwibuka26: Gihamya z’uko Politiki ya Parimehutu n’iya MRND zari zigamije kurimbura Abatutsi
9/04/2020 - 12:12
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.