Abantu bavuka Nyamagabe bibera i Kigali ndaza kubirukana mu mujyi baze hano - Perezida Kagame

27/02/2019 - 11:01     

Ibitekerezo ( 2 )

rwose niba abayobozi bose batekerezaga bakanakora nka president wacu ibibazo byashira iterambere rikihuta.

antoine yanditse ku itariki ya: 2-03-2019

Birakwiye ko abantu batuye i Kigali n’ ahandi kandi bagaragaza ko bafite ubushobozi, basubiza amaso aho bavuka bagafasha leta kuhateza imbere no kuhagira heza. H.E. yabibutsaga kwita ku iterambere ryaho bavuka bahashyira ibikorwa biteza imbere abaturage, bafasha mu gutunganya imigi yaho, ndetse no kumenya Ibibazo abaturage basize iyo kugira ngo bivugutirwe umuti.

Constantin yanditse ku itariki ya: 27-02-2019
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.