Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yihanangirije u Bubiligi kubera uko bwitwara mu ntambara ya Congo
16/03/2025 - 16:36
Igitaramo cy’Inka: Itorero Inyamibwa mu mbyino gakondo zinogeye amaso
16/03/2025 - 11:03
Tujyane ku ishuri rya Muzika ry’u Rwanda aharemerwa ibirangirire
14/03/2025 - 09:10
Irebere uko abagore bakataje mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro
12/03/2025 - 09:00
Dore uko bubatse ubuvumo bucukurwamo Coltan i Rwamagana
6/03/2025 - 09:38
Dutemberane mu Kirombe cya Rukaragata gicukura Coltan ikunzwe cyane ku isoko mpuzamahanga
5/03/2025 - 08:40
Amerika yohereje mu Rwanda Mbonyunkiza wari warakatiwe burundu n’Inkiko Gacaca
4/03/2025 - 23:42
Tembera i Rulindo ahacukurwa ‘Tungsten’ yifashishwa mu gukora intwaro zikomeye
4/03/2025 - 00:53
Mubyukuri intumbero mugire ninziza ark ubu ndibizoroha ko ruswa icika, ndabivuga nshingiyeko Hari umuntu muri Murambi sector karongi district uzimiza abantu (nka murumuna wanjye yaramwishe haboneka nabamushinja ark ntiyigeze abibazwa baramufashe mukanya nkako guhumbya aba yagarutse. Hari nabandi Bantu bagiye bapfa Kandi ukoze iperereza wasanga haraho ahuriye nizopfu.
Gusa byumvihari nkamwe mushinzwe kurwanya ruswa na karengane mwazakurikirana imiburanishirize y’urubanza rwa Nyakwigendera Ntezimana Eduord Ku rukiko RWA Gashari. Bigaragarako harimo ruswa
Tubaye tubashimiye uko mwakiriye igitekerezo cyacu