Ibitekerezo ( 20 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Nyaruguru ku mwanya wa mbere mu mihigo. Mayor Habitegeko yahishuye ibanga
31/10/2020 - 19:20
Gusinya Imihigo: Dore uko abayobozi bahagurutse i Kigali berekeza Nyagatare
30/10/2020 - 16:17
Biratangaje: Fireman ngo yariye miliyoni 4Frws mu cyumweru kimwe
26/10/2020 - 15:33
Umucuruzi wa magendu yafatiwe mu cyuho ashaka guha Polisi ruswa ya Miliyoni
22/10/2020 - 23:50
Sinigeze nywa urumogi ariko nabanye n’abarunywa. Byinshi kuri Gatera Rudasingwa wamamaye nka Rasta
22/10/2020 - 12:30
Uko ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burundi ku mupaka wa Nemba byagenze
20/10/2020 - 17:16
Abarundi n’Abanyarwanda turaziranye, ibibazo byacu turabyikemurira - Minisitiri Shingiro
20/10/2020 - 16:10
Twasuye Senateri mushya Kanziza Epiphanie. Yategaga moto ajya ku kazi
18/10/2020 - 18:09
Yewe ndumva bintunguye!Iyi live iransekeje!none se aba bahanzi ko mbona ntambaraga zamajwi bafite niki baheraho babaha amanota??Ndagereranya aya marushanwa yo kuririmba nayandi ajyabera mubindi bihugu ngasanga aba bahanzi nyarwanda bakiri kure cyane!Cyakora yenda wasanga bashimisha abafana ariko amajwi rwose wapi!!!
franchement Knoless ntakigenda namba akitabaza comedie aho kuririrmba faut pas mélaanger les choses live ni live apana kwitwaza ibintu ngo urebe uko wakinga abantu ibikarito mu maso nta jwi yigiria narekera azajye gukina comedie
muzika itandukanye na comedi ibyo nibiki mukora?hari abahanzi bagenda bitwaje music yukuri hakaba abitwaza comedi hakaba nabaherekeza abandi.muve muri comedi mukore umuziki.