Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru
25/02/2013 - 17:03
Ibitekerezo
(
3
)
shima imana
jmv yanditse ku itariki ya: 20-06-2013
Mujye mwihangana mushyireho gahunda yose uko yagenze, nkubu rwose twifuza kongera kumva indirimbo ya wa mukecuru wo muri Nyaruguru. Muzayishyireho abantu barayikunze tujye tuyumva.
Akarabo yanditse ku itariki ya: 26-02-2013
Kubona kariya kana gasoma gasomesha intoki kizingiraho impapuro katabona uwo kabwira binkoze ku mutima pe bintera amarira mu maso.Burya hari abantu bakorera Imana pe.
shima imana
Mujye mwihangana mushyireho gahunda yose uko yagenze, nkubu rwose twifuza kongera kumva indirimbo ya wa mukecuru wo muri Nyaruguru. Muzayishyireho abantu barayikunze tujye tuyumva.
Kubona kariya kana gasoma gasomesha intoki kizingiraho impapuro katabona uwo kabwira binkoze ku mutima pe bintera amarira mu maso.Burya hari abantu bakorera Imana pe.