Umukinnyi w’ikinamico URUNANA:BUSHOMBE

12/12/2011 - 17:07     

Ibitekerezo ( 168 )

nkunda bushombe cane

mutabazi yanditse ku itariki ya: 19-08-2014

Ndabaramukije mbipfuriza amahoro y’Imana. Urunana ndurukunda ariko ikibazo ntibarushira kuri computer. Urwo kuwakabiri narubonye kuwagatanu kandi naku.da kugumva buri kuwakabiri.
Mwombarira mukazansubiza. Nitwaga Johnny P nkaba mba muri America.

Johnny P yanditse ku itariki ya: 16-08-2014

Mbange kubashimira kubutumwa mutugezaho buradufasha nkurubyiruko pe turabakunda pe.Ese umuntu ushaka gukina murunana yakora iki ngo mumwakire kombishaka kandi mbifitiye ubushacye murakoze cyane.munsubize muraba mukoze.

uwababyeyi sylvine yanditse ku itariki ya: 27-07-2014
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.