Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Ndabashimira kuba mwarahisemo neza - Minisitiri Biruta ku bapolisi basoje amahugurwa
23/12/2025 - 06:46
Irebere uko Umujyi wa Kigali warimbishijwe hitegurwa iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani
20/12/2025 - 22:18Iziheruka
Dore uko Umubiligi Vincent Lurquin yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda
24/08/2021 - 15:48
Dore ubuzima bw’ahabatijwe mu ISIYACYENDA
21/08/2021 - 18:44
Umunyezamu Kimenyi Yves n’abo bafatanwe baricuza amakosa bakoze
21/08/2021 - 18:38
Abantu 29 batawe muri yombi bazira gutwara imodoka basinze
21/08/2021 - 09:58
Abarimo abageni batawe muri yombi bazira guhimba ibisubizo bya COVID-19
21/08/2021 - 09:44
Abatwara ibinyabiziga barasabwa kwitwararika kuko camera z’umuvuduko ziri maso
21/08/2021 - 09:30
Uruhare rw’abakorerabushake mu kurwanya COVID-19 ni ntagereranywa
21/08/2021 - 09:17
Gukoresha mubazi ku bamotari ni inyungu za nde?
18/08/2021 - 21:51
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos