Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26Iziheruka

Hatahuwe igaraje ribagirwamo moto ziba zibwe
26/07/2021 - 22:11
Kigali: Inkongi yangije ibifite agaciro k’amafaranga arenga Miliyoni eshanu
23/07/2021 - 20:42
Wari uzi ko agahinda gakabije gashobora gutera uburwayi bwo mu mutwe?
23/07/2021 - 05:19
Polisi yerekanye itsinda ry’abantu bavugwaho kwambura abamotari babanje kubaniga
22/07/2021 - 00:04
Bisi 151 z’ubuntu zitwara abanyeshuri barimo gukora ibizamini bya Leta
21/07/2021 - 15:18
Menya uko abanyeshuri barwaye COVID-19 barimo gufashwa gukora ikizamini cya Leta
21/07/2021 - 14:54
Menya byinshi ku kigo ISANGE ONE STOP CENTER gifasha abahohotewe
19/07/2021 - 20:52
Impano idasanzwe: Ku myaka icyenda gusa, amaze gutsindira imidari 9 ya Zahabu muri Karate
19/07/2021 - 20:26
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos