Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
SADC yacyuye intwaro zayo zari muri RDC izinyujije mu Rwanda
29/04/2025 - 18:20Iziheruka

Dore 10 ba mbere mu bizamini bya Leta bisoza ayisumbuye
17/11/2021 - 19:21
Nahuje ababyeyi banjye bamaze imyaka 20 batandukanye - Ngarambe François
17/11/2021 - 19:06
BK-Urumuri: Ba rwiyemezamirimo 10 bahiganiye kwegukana inguzanyo itagira inyungu
17/11/2021 - 18:59
U Rwanda n’u Bushinwa bizihije isabukuru y’imyaka 50 y’umubano w’ibihugu byombi
9/11/2021 - 19:32
U Rwanda n’u Bugereki byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye
9/11/2021 - 18:09
Abiyita ko barwanya ubutegetsi nta kintu kibarimo, ni icyuka gusa - Gen Kabarebe
9/11/2021 - 17:39
Ubuhamya bw’uwarokotse Stroke
9/11/2021 - 17:15
Reba incamake y’igitaramo cy’imyaka 10 ya Bruce Melodie mu muziki
8/11/2021 - 15:39
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos