Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09
Ikiganiro ku Byakozwe na Guverinoma mu guteza Imbere imibereho y’Abanyarwanda
20/06/2025 - 12:11Iziheruka

Irebere uko abasore banyonga igare kuva i Kigali kugera i Huye
27/02/2020 - 22:58
Ari Rayon Sports n’amagare ni iki gikunzwe kurusha ikindi? Murenzi Abdallah aratanga igisubizo
27/02/2020 - 22:51
Niyo Bosco, Urugero rwiza rw’uko icyo uzaba ntaho kijya, byinshi utamenye ku mateka ye
23/02/2020 - 12:43
Tour du Rwanda izatwara umugabo isibe undi - FERWACY
22/02/2020 - 00:48
Perezida Kagame na Masai Ujiri batangije iserukiramuco rya Giants of Africa muri Basketball
20/02/2020 - 19:05
Nzabonimpa ngo bamujyanye mu gitero cya Kinigi bamushoreye nk’intama
20/02/2020 - 10:01
NTIYICUZA: Kabayija uri mu bagabye igitero mu Kinigi kigahitana 14
19/02/2020 - 19:02
Andi makuru utamenye ku iyegura rya Evode, Munyakazi na Gashumba
17/02/2020 - 12:00
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos