Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26
Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41Iziheruka

Kigali: Abasore n’inkumi 37 bafashwe bakina filime abandi bahinduye urugo akabari
2/03/2021 - 22:28
Polisi yerekanye abakekwaho gucura impushya zibemerera kujya mu Ntara, n’abatekamutwe
27/02/2021 - 22:47
Ikibazo cy’amikoro muri Rayons Sports kigiye gukemurwa mu buryo buhoraho
27/02/2021 - 22:25
Ikibazo cy’ibura ry’Amazi muri Kigali no mu Bugesera cyavugutiwe umuti
27/02/2021 - 22:16
Ikoranabuhanga mu burezi rihagaze rite?
26/02/2021 - 23:52
Umuhanzi Buravan azanye udushya twinshi nyuma ya Guma mu Rugo
26/02/2021 - 23:19
Itegeko rihana ipfobya rya Jenoside yakorewe Abatutsi ntirivangura - CNLG
26/02/2021 - 22:47
Kigali: Abajura ba televiziyo za Flat Screen beretswe itangazamakuru
18/02/2021 - 23:19
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.