Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abashinzwe ibya Gisirikare muri Ambasade z’ibihugu byabo mu Rwanda basuye ikigo cya Mutobo
28/11/2025 - 18:28
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21
Israel Defense Forces (IDF) veterans pay tribute to Genocide victims at the Kigali Genocide Memorial
26/11/2025 - 07:52Iziheruka
Kuki hari abisanga mu bigo ngororamuco kandi atari inzererezi?
22/01/2024 - 14:33
Imvune abatunganya Filimi bahura na zo
22/01/2024 - 13:59
From the Chinese to the Rwandans, a healthy connection
20/01/2024 - 22:59
We are all equal before God - President Kagame
20/01/2024 - 22:54
Impanuro za Perezida Kagame muri National Prayer Breakfast
15/01/2024 - 11:56
Abarundi bakoze Jenoside ntiboherezwa mu Rwanda ntibanaburanishwa - Alain Mukuralinda
15/01/2024 - 11:34
Ababyinnyi mu Rwanda ntibakiri ba ‘Ucezereza angahe?’
15/01/2024 - 11:14
Rwanda: King Abdullah II bin Al-Hussein of Jordan pays tribute to victims of the Genocide
8/01/2024 - 19:12
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.