Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

’Hotel Rwanda’ Movie is not the Truth - 1994 UNAMIR Peacekeepers Speak out
20/08/2025 - 20:13
Umutekano w’urwego rw’imari urizewe nk’uko uw’Igihugu wizewe - BNR
20/08/2025 - 20:03
Gutangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye 2024/2025
19/08/2025 - 18:45Iziheruka

Icyo abaturage basaba abayobozi bashya mu nzego z’ibanze
19/02/2016 - 09:13
Umuhango wo gutoranya abakobwa 15 bazavamo nyampinga w’u Rwanda 2016
18/02/2016 - 08:52
Abahanzi b’indirimbo z’urukundo ni bo bataramiye Abanyarwanda ku munsi w’abakundana
17/02/2016 - 14:52
Umunsi w’abakundanye (Valentine’s Day) umaze gufata indi ntera mu Rwanda
16/02/2016 - 11:31
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata n’ibiyobyabwenge
12/02/2016 - 15:47
Bamwe mu bahanzi Nyarwanda bateguye ibitaramo bibanziriza umunsi wabakundana
12/02/2016 - 12:03
Abahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama
11/02/2016 - 09:18
Ni bande batowe ku munsi wa mbere w’amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze?
11/02/2016 - 09:08
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.