Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
’Hotel Rwanda’ Movie is not the Truth - 1994 UNAMIR Peacekeepers Speak out
20/08/2025 - 20:13
Umutekano w’urwego rw’imari urizewe nk’uko uw’Igihugu wizewe - BNR
20/08/2025 - 20:03Iziheruka

Amashanyarazi ntakiri igitangaza mu Ntara y’Iburasirazuba (video)
28/06/2017 - 12:54
Menya byinshi ku bworozi bw’amagweja avamo ubudodo
27/06/2017 - 11:19
Abakinnyi ba filme bamenyekanye muri "Baby Police" batemberejwe Kigali
25/06/2017 - 22:40
Perezida Kagame yateye ibiti mu gishanga cya Nyandungu kigiye kugirwa ubusitani
25/06/2017 - 09:59
Komisiyo y’Amatora yakiriye kandidatire ya Paul Kagame uhagarariye FPR-Inkotanyi
22/06/2017 - 21:30
Mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri Zambia, Perezida Kagame yabonanye na Kenneth Kaunda
21/06/2017 - 14:27
Polisi y’u Rwanda yungutse aba-ofisiye bato 363
21/06/2017 - 09:02
Byari ibyishimo kubafana ba APR FC nyuma yo gutsinda Bugesera muri "Peace cup 2017"
20/06/2017 - 12:01
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.