Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abashinzwe ibya Gisirikare muri Ambasade z’ibihugu byabo mu Rwanda basuye ikigo cya Mutobo
28/11/2025 - 18:28
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21
Abarundi 115 bari barahungiye mu Rwanda basubiye iwabo ku bushake
25/11/2025 - 18:51Iziheruka
Video: Imibyinire idasanzwe niyo yagaragaye ubwo Sheebah yataramanaga n’abanyarwanda
2/01/2018 - 11:24
Alikiba yataramanye n’abanyarwanda bishimira n’umwaka mushya wa 2018
2/01/2018 - 11:21
Video: Nyamirambo: Bagize ibyishimo bidasanzwe ubwo baturitsaga ibishashi by’umuriro
2/01/2018 - 11:16
Video: Umuhanzikazi Sheebah yageze mu Rwanda
1/01/2018 - 14:47
Video: Ubwiza n’imyambarire by’umuhanzi Yemi Alade byarangaje benshi
31/12/2017 - 12:39
Video: Umuhanzi Ali Kiba watumiwe muri East African Party yageze i Kigali
31/12/2017 - 12:32
Video: Umuhanzi Yemi Alade wo muri Nigeria yageze i Kigali
30/12/2017 - 17:34
Video: MUHANGA TVET SCHOOL IGIYE KUBA IGISUBIZO KURI BENSHI
28/12/2017 - 16:24
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.