Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55
ISCA2025: La part des Africains est la plus grande face aux soucis du monde - Louise Mushikiwabo
20/05/2025 - 07:41Iziheruka

Ally Sudi agiye gusubiramo indirimbo Derira yamamaye muri Karahanyuze (Video)
15/01/2019 - 11:16
Ni iki kitabura ku ifunguro rya Riderman ?
13/12/2018 - 11:37
Ihere ijisho Umuyapanikazi uririmba Rwanda nziza adategwa
12/12/2018 - 15:11
Mu mwambaro wa gisirikare Perezida Kagame yasoje imyitozo yo kwivuna umwanzi
12/12/2018 - 12:00
Inyamibwa zigaruriye abataramyi mu mukino zise Rwimitana
10/12/2018 - 14:12
Abakeka ko Umuco Nyarwanda wacika basubize amerwe mu isaho
10/12/2018 - 12:37
Udushya tw’ ibihangange muri gakondo mu gitaramo cy’Inyamibwa
10/12/2018 - 10:18
Umusogongero w’ibizabera mu gitaramo cy’Itorero Inyamibwa zise Rwimitana?
6/12/2018 - 18:14
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.