Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dore Intwaro zigezweho zamurikiwe i Kigali, zimwe zikorerwa mu Rwanda
20/05/2025 - 07:52
ISCA2025: La part des Africains est la plus grande face aux soucis du monde - Louise Mushikiwabo
20/05/2025 - 07:41
KWIBUKA31: Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa nk’ubwaranze abashinze APACOPE - Min Rwego
19/05/2025 - 12:47Iziheruka

Huye-Karama: Abatutsi bahanganye n’Interahamwe bituma abasaga 8000 barokoka
22/04/2020 - 14:42
#Kwibuka26: Nyuma yo kurokoka Jenoside, menya icyamufashije kuvamo umukinnyi ukomeye w’Amagare
22/04/2020 - 14:34
#Kwibuka26: Rwari urugamba rukomeye, Maitre SINZI arokora Abatutsi 118 yifashishije Karate
19/04/2020 - 17:45
#Kwibuka26: Uruhare rwa Francois Miterrand muri Jenoside yakorewe Abatutsi
19/04/2020 - 17:30
USA: Abanyarwanda batuye muri Indiana babayeho bate muri ibi bihe bya COVID-19?
16/04/2020 - 17:18
Inzira y’umusaraba Murangwa wamamaye muri Rayon Sports yanyuzemo arokoka Jenoside
16/04/2020 - 17:10
Twasuye Knowless na Clement! #GumaMuRugo ntibabuza gukomeza akazi
15/04/2020 - 18:29
Bugesera: Mamashenge wiciwe ababyeyi ku myaka 5 yarakuze ubu ni umubyeyi wa babiri
13/04/2020 - 11:37
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.