Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abashinzwe ibya Gisirikare muri Ambasade z’ibihugu byabo mu Rwanda basuye ikigo cya Mutobo
28/11/2025 - 18:28
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21
Abarundi 115 bari barahungiye mu Rwanda basubiye iwabo ku bushake
25/11/2025 - 18:51Iziheruka
Imurikagurisha mpuzamahanga ry’uyu mwaka i Kigali rizakorwa mu buryo budasanzwe
4/12/2020 - 10:28
Alexandre Lenco: Ubumuga bwo kutabona ntibwanciye intege ubu ntuye mu nzu nubakiwe na muzika
4/12/2020 - 08:09
Polisi yerekanye batatu bakekwaho gukora inyandiko mpimbano
2/12/2020 - 15:18
Ryoherwa n’igitaramo cya Iganze Gakondo itsinda ry’abasore bihebeye inganzo gakondo
2/12/2020 - 15:06
Busanza: Aba mbere bari batuye muri ‘Bannyahe’ bimutse kuri iki Cyumweru
29/11/2020 - 13:19
Kompanyi y’Indege yo muri Israel yatangiye gukorera ingendo mu Rwanda
26/11/2020 - 20:27
Icyumweru cy’ubucamanza: Ubuhuza nk’inkingi y’ubutabera bwubaka
25/11/2020 - 13:39
Yatewe ishema no gushushanya Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we
24/11/2020 - 15:24
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.