Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Abanyarwanda FDLR yari yarabujije gutaha bageze mu Rwanda
17/05/2025 - 23:26
KWIBUKA31: Akaremangingo kagize u Rwanda ni ubudaheranwa nk’ubwaranze abashinze APACOPE - Min Rwego
19/05/2025 - 12:47
Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15Iziheruka

Nyabugogo: Ikibazo cy’imyuzure ituruka muri Mpazi kigiye kuba amateka
2/10/2020 - 09:20
Leta nitemerera urubyiruko kuboneza urubyaro yitegure kurera abana ruzabyara- Abasesenguzi
30/09/2020 - 13:57
U Rwanda rwanze kuba cya kirahure cyuzura amazi akameneka, ubu twese tugikwirwamo - Perezida Kagame
30/09/2020 - 13:30
Ganira na Producer Element w’imyaka 20 wazanye impinduka muri muzika nyarwanda
27/09/2020 - 22:56
Benshi biruhukije ubwo ingendo rusange mu gihugu hose zafungurwaga
27/09/2020 - 22:07
Rayon Sports ifite ideni rya miliyoni Rwf800, kuri konti hari Rwf200,000 gusa
23/09/2020 - 13:13
Siporo rusange ya mbere yabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19
20/09/2020 - 15:22
Ubu mu Rwanda umugore ashobora gutwitira mugenzi we
19/09/2020 - 18:32
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.