Riderman yatumye abashinzwe gutanga amanota bava mu byicaro byabo!

24/07/2013 - 12:22     

Ibitekerezo ( 23 )

Eugene ndabona uri wowe ubujiji bwinjiye cyane, uge umenya ukuri kwawe gutandukanye n’ukw’abandi kd buri wese aba agomba kuvuga icyo atekereza. So you are wrong

Omar el fathir maruan yanditse ku itariki ya: 10-08-2013

nukuri jye ndabona ntabahanzi nyarwanda dufite ahubwo twibitseho abacomedien gusa kko ntakintu nakimwe wafatiraho ubakota.amjwi ni zero imyambarire imyitwarire udushya ntatwo.TUGERAGEZE TUGIRE INGANZO IFITE IREME.

kalinganire yanditse ku itariki ya: 6-08-2013

Banyarwanda mujye mwihesha agaciro nimugasebanye kuko iyo muvugo kurubuga nkuru ngo knowless ntakigenda 100% jye mbona atariko ubibona ahubwo nubujiji nimugasebanye

Eugen yanditse ku itariki ya: 4-08-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.