P-SQUARE yujuje stade Amahoro hasi no hejuru mu gitaramo cy’isabukuru ya RPF

15/12/2012 - 21:29     

Ibitekerezo ( 3 )

MURAHO MURARAKOMEYE BA BOSS URBAN BOYS KO TWUMVISE IMAZE GUSAZA WANA CYANGWA ARIYA MAJWI NTAGO YARAMEZE NEZA.IKINDI NUKO ABAHANZI BAJE BATURUTSE HANZE BOSE MUBAKORERA NEZA CYANE IBYUMA BIVUGA NEZA ARIKO ABAHANZI BACU MURABAPFOBYA CYANE MUKABAHA IBYUMA BITAVUGA KANDI AHANINI NIBO BABA BATUZANYE KUJYIRANGO TWUMVE KO HARICYO BAGEZEHO GISHYAariko mubaha ibyuma bitavuga mugikosore murakoze

KANYANDEKWE CESAR yanditse ku itariki ya: 11-01-2013

amashuaho n amajwi bimeze neza kuri concert ya p square ,ariko ku launch ya urban boys birasamira,ca sonne mal mwongere recording system thank am tony from LA

toni yanditse ku itariki ya: 26-12-2012

Nshimishwa cyane nuburyo muduha amakuru kuko iyo umunu atabonye uko yigirayo mwebwe mubimugezaho uko byakabaye byose.mbifurije gutera imbere mubushakashatsi byanyu Imana ikomeze kubaba hafi.

uwase yanditse ku itariki ya: 17-12-2012
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.