ni ukuri ndemeye pe. Kigalitoday muri abantu b’abagabo ibi nari mbikeneye kuko ntabashije kwitabira ibi birori. Gusa uyu mwana yarivuguruye kd yaririmbye neza akomereze aho. Nkunze cyane uburyo yari yambaye kd na lounch ye sinshidikanya ko yabaye nziza. Imana ikomeze kumuba hafi muri byose
yewe knowless we uranyemeza kabisa.ijwi,ubwiza imyambarire...komerezaho tukuri inyuma
Please leave this field empty:
ni ukuri ndemeye pe. Kigalitoday muri abantu b’abagabo ibi nari mbikeneye kuko ntabashije kwitabira ibi birori. Gusa uyu mwana yarivuguruye kd yaririmbye neza akomereze aho. Nkunze cyane uburyo yari yambaye kd na lounch ye sinshidikanya ko yabaye nziza. Imana ikomeze kumuba hafi muri byose
yewe knowless we uranyemeza kabisa.ijwi,ubwiza imyambarire...komerezaho tukuri inyuma