Igitaramo cy’abahanzi bari muri Guma Guma i Karongi(Part I)

5/06/2013 - 09:19     

Ibitekerezo ( 11 )

Haricyo bariya bahanzi rero batazi, nukuri indirimbo zabo zishobora kuba arinzinza kndi zikunzwe rwose,ariko wabona ibintu bakorera hariya byuburara, imibyinire, imyambarire idakwiye,bigatuma ntawuzabatora gusa uriya mukobwa nawe arababihiriza peeeeee,biriya akora nibyabasinzi kandi bakiri mukabari, biriya baba bereka abana ndetse nabandi bose bajekubareba sibyo rwoseeeee, dore inama nagira bariyabose bitwango barahanga muge mujya nk’ahantu muririmbe tutabareba kuko nta kinyabupfura mugira mumibyinire yanyu mutagira isoni nti munamwara? buriyase iyomwereka aantu biriya dutekereza noneho ibyo mukora ntawubareba. nya muneka umuco nuwa mbere, mwisubireho

maman yanditse ku itariki ya: 5-06-2013

ku kamonyi turabakeneye

karemera yanditse ku itariki ya: 5-06-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.