Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18Iziheruka
Si ngombwa ko ujya kugura VIAGARA ngo wemeze umuntu - Pasiteri Rutayisire
13/02/2026 - 23:07
Njye na Madamu tujya dutongana - Pasiteri Rutayisire
13/02/2026 - 22:50
Abafana ba Rayon Sports mu munyenga nyuma yo gukora mu jisho Police FC bayihimuraho
13/02/2026 - 19:15
Hatanzwe umucyo ku izima ry’amatara kuri Kigali Pelé Stadium no ku kwimura umukino wa APR FC na Kiyovu SC
10/02/2026 - 22:22
Abafana ba APR mu burakari bwinshi, bikomye imisifurire n’umutoza ndetse na Ouattara nyuma y’umukino
10/02/2026 - 22:01
U Rwanda rwatanze impapuro zo guta muri yombi Prince Kid
10/02/2026 - 06:41
Dr Bizimana yavuze ku Nterahamwe ziyita Abatutsi ngo zijijishe amahanga
10/02/2026 - 06:33
Abasura abagororwa mu magororero bagiye kujya babisaba ‘online’
10/02/2026 - 06:03
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo