Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gushyingura umuhanzi HIRWA HENRY

6/12/2012 - 07:39     

Ibitekerezo ( 16 )

Uyu mwana namukundaga cyane muri iyi groupe imana idufashe haboneke umusimbura.ese azaboneka?

bosco yanditse ku itariki ya: 12-12-2012

@Kirenga: iyo ndirimbo ushobora kuyibona kuri youtube: http://www.youtube.com/watch?v=Klg8La1hXm0

yanditse ku itariki ya: 11-12-2012

Ndihanganisha umuryango wa Henry cyane cyane Miss Rwanda kuko yarashenguwe cyane. Kigalitoday murakoze cyane kuri iyi video itumye twe tuba mu mahanga twifatanya n’umuryango wa Henry mu kumushyingura. Ni gute nabona iyo ndirimbo mwakoresheje y’abahanzi nyarwanda.Imana imuhe iruhuko ridashira

Kirenga yanditse ku itariki ya: 11-12-2012
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.