Abahanzi bari muri Guma Guma mu gitaramo i Ngoma(Part I)

12/06/2013 - 14:15     

Ibitekerezo ( 11 )

Ubu njye numiwe kbsa kubona abakobwa nkabariya bitesha agaciro bigeze hariya ntakabuza abahungu reka bajye baduseka na senderi kweri ahaaa nabonye abantu koko

Darline yanditse ku itariki ya: 14-06-2013

Ariko se abantu bavuga ngo kubyina kuriya ntibijyanye n’umuco nyarwanda baba bashaka kuvuga iki? Umuco nyarwanda ni ukwibombarika se? Guhamiriza se? Iriya mibyinire ibaye idakunzwe ntibabona abasubira kubareba. Ibyo isoko rishaka nibyo utanga. In the market economy, iyo abantu babiri bujuje imyaka y’ubukure umwe yumva yagurisha igitsina cye, undi na we akumva yagura, ikibazo economist bibaza ni: Angahe?

Umusaza Rwanyabugigira yanditse ku itariki ya: 14-06-2013

nange ndemeranya nawe Fiona,ubuyobozi bwari bukwiriye kwamagana iriya mibyinire kabisa.naho nabereye ubanza ntahandi babyina kuriya imbere y’imbaga.

venuste yanditse ku itariki ya: 13-06-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.