Ubu njye numiwe kbsa kubona abakobwa nkabariya bitesha agaciro bigeze hariya ntakabuza abahungu reka bajye baduseka na senderi kweri ahaaa nabonye abantu koko
Ariko se abantu bavuga ngo kubyina kuriya ntibijyanye n’umuco nyarwanda baba bashaka kuvuga iki? Umuco nyarwanda ni ukwibombarika se? Guhamiriza se? Iriya mibyinire ibaye idakunzwe ntibabona abasubira kubareba. Ibyo isoko rishaka nibyo utanga. In the market economy, iyo abantu babiri bujuje imyaka y’ubukure umwe yumva yagurisha igitsina cye, undi na we akumva yagura, ikibazo economist bibaza ni: Angahe?
nange ndemeranya nawe Fiona,ubuyobozi bwari bukwiriye kwamagana iriya mibyinire kabisa.naho nabereye ubanza ntahandi babyina kuriya imbere y’imbaga.
Please leave this field empty:
Ubu njye numiwe kbsa kubona abakobwa nkabariya bitesha agaciro bigeze hariya ntakabuza abahungu reka bajye baduseka na senderi kweri ahaaa nabonye abantu koko
Ariko se abantu bavuga ngo kubyina kuriya ntibijyanye n’umuco nyarwanda baba bashaka kuvuga iki? Umuco nyarwanda ni ukwibombarika se? Guhamiriza se? Iriya mibyinire ibaye idakunzwe ntibabona abasubira kubareba. Ibyo isoko rishaka nibyo utanga. In the market economy, iyo abantu babiri bujuje imyaka y’ubukure umwe yumva yagurisha igitsina cye, undi na we akumva yagura, ikibazo economist bibaza ni: Angahe?
nange ndemeranya nawe Fiona,ubuyobozi bwari bukwiriye kwamagana iriya mibyinire kabisa.naho nabereye ubanza ntahandi babyina kuriya imbere y’imbaga.