Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Nyamagabe (Part II)

24/05/2013 - 09:12     

Ibitekerezo ( 13 )

Abahanzi nyarwanda bari babonye uburyo bwiza bwo kwigararagaza, ndetse n’impano zabo, ariko stage zabo nizo kuntengwa paka, imyambaro bambara, buri wese ashaka kwambara nkabandi rimwe na rimwe akambara nibitamubereye, cg nkayamvugo bashaka kwambara pocketdown, udupira nutu jacket twa fake batateguye, ubundi imyambaro y’umustar ayambara yayiteguye , for some reasons means and what i get after in the news, bivuzengo bakagombye gutegura stage zabo kuburyo ibyo uraba wakoze bisigara mubinyamakuru, bitari stage yo gusimbuka,simbuka for everyone uburyo umuntu ashobora kujya kuri stage ntacyo yateguye kiri special aribugaragaze uwo munsi bitewe naho agiye, mbona ikibitera nabo ubwabo nibafata muzika nka biz kandi aho washoye niho wunguka, urashora aywe urushwya no gutanga za giti nkaho wakoresheje ayawe wereka abanyarwanda ibintu byiza bifatika kuburyo bazababazwa nuburyo utatwaye this award , bivuzengo nubwo utazayitwara kuko utatanze ruswa,uzaba ufite abafana bawe concert zawe uzakora bazaza kuko bazi neza ko utabahangika, kandi no mubanyamakuru uzagaragara nkumuhanzi wiyubaha nabo bakubahe, gusa igikwiye nabo banyamakuru bakagombye kwiyubaha, kuba ufatwa ngo ujye gutaranya abantu runaka nuko baba bakubonamo ubushobozi,ubunyanga mugayo ndetse n’ubuhanga, wakagombye rero kubiha agaciro. Iyi ni inama ngiriye abahanzi bose muri rusange. buri wese afate iyi vedeo ayirebe arahita abona amakosaya, nuburyo apfusha amahirwe ye ubusa yo guhura n’abafana.

Alan yanditse ku itariki ya: 24-05-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.