Umunsi mpuzamahanga w’Isi: Amwe mu mafoto meza y’ahantu nyaburanga mu Rwanda

Buri mwaka tariki ya 22 Mata, ni umunsi mpuzamahanga wahariwe isi dutuyeho. Ubu muri 2020, uyu munsi wizihijwe ku nshuro ya 50, gusa ibyinshi mu bikorwa bisnzwe bikorwa kuri uwo munsi ntibyakozwe, kuko ubu isi yugarijwe n’icyorezo Coronavirus.

Muri uyu mwaka wa 2020, insanganyamatsiko y’uyu munsi ni “Ukugira icyo dukora turwanya ihindagurika ry’ikirere”.

Kigali Today yaguteguriye amwe mu mafoto meza cyane, y’ahantu nyaburanga hatandukanye mu Rwanda.

Amafoto: Plaisir Muzogeye

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 1 )

Isi yuzuyemo ibintu byinshi byiza:Lakes,volcanos,inyamaswa,etc...Icyo ibura nuko iberamo ibintu byinshi bibi:Intambara,ubwicanyi,ubusambanyi,akarengane,ubukene,urupfu,indwara,etc...Ariko nkuko bible ivuga,isi izaba paradizo nkuko Eden yari imeze.Ku Munsi w’Imperuka,Imana izahindura ibintu.Izabanza ikureho ubutegetsi bw’abantu (Daniel 2:44),ikure mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza (Imigani 2:21,22),ikureho indwara n’urupfu (Ibyahishuwe 21:4),n’ibindi byose byangiza isi.Kugirango tuzabe muli iyo si,Yesu yasize adusabye "gushaka mbere na mbere ubwami bw’Imana",aho gushaka ibyisi gusa (Matayo 6:33).

munyemana yanditse ku itariki ya: 24-04-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka