Umunsi wa Kane wa Tour du Rwanda wakomereje mu Karere ka Karongi iturutse mu Mujyi wa Musanze, aho isiganwa ry’uyu munsi ryegukanywe n’Umunyamerika Timothy Rugg.
Kigali Today yabahitiyemo amafoto meza 10 yaranze uyu munsi, ubwo abasiganwa banyuraga mu muhanda mushya ugizwe n’amakorosi, uhuza Umujyi Musanze na Karongi.
MBEGANGO IGALE NGOLILARYOHELA ABAFANA TULISHIMWE KUBA ABANYARWANDA DUFITE IMIHANDA MYIZANKIYI,?
Very beautiful view!! Bitwibutsa ukuntu isi yose izaba Paradizo.Ntabwo Bible yigisha ko abantu beza bose bazajya mu ijuru.Ahubwo ivuga ko Intungane "zizaguma hano ku isi,naho abantu babi bose bagakurwa mu isi".Byisomere muli Imigani 2:21,22.Bible yigisha ko "hazabaho isi nshya n’ijuru rishya".Byisomere muli 2 Petero 3:13.Isi nshya,bisobanura isi izaba Paradizo, izaba ituwe n’abantu bumvira imana gusa.Naho Ijuru rishya,rizaturwamo n’imana,Yesu,Abamarayika.Haziyongeramo abantu bazakurwa mu isi.Nibo bazategeka isi nshya.Byisomere muli Daniel 7:27 na Revelations 5:10.
Geeenda Rwanda uri nzizaaa, yooo humeka amahoroooo !!!!!