Kigali Today yabahitiyemo amafoto meza 10 yaranze uyu munsi, ubwo abasiganwa banyuraga mu muhanda mushya ugizwe n’amakorosi, uhuza Umujyi Musanze na Karongi.

Timothy Rugg yegukanye agace ka kane ka Tour du Rwanda

Samuel Mugisha (wambaye umuhondo) amaze gukundwa na benshi kubera uburyo ahora yisekera. Uyu munsi yakomeje kugumana Umwenda w’Umuhondo

Ayo makorosi anyura ku misozi itatse icyayi

Ni uko umusozi uba utatse igihingwa cy’icyayi

Uyu muhanda ni mushya ariko umaze gukundwa na benshi bawunyuramo no mu zindi gahunda

Aka gace kaba gatuje cyane kandi hahora akayaga gahehereye

Abaturage bari bihagarariye ku mpinga z’imisozi bakurikiranye uko amagare anyerera kuri kaburimbo

Ni he handi mu Rwanda haruta aha?

Ikirere cy’i Rwanda

Irebere iyo misozi isobetse Uburengerazuba

Amakorosi nk’ayo ni menshi muri uyu muhanda

Ku bakerarugendo basura Karongi bakirwa n’umugoroba ubasurutsa imitima, bakumva batataha
Amafoto: Plaisir Muzogeye
Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
Ohereza igitekerezo
|
MBEGANGO IGALE NGOLILARYOHELA ABAFANA TULISHIMWE KUBA ABANYARWANDA DUFITE IMIHANDA MYIZANKIYI,?
Very beautiful view!! Bitwibutsa ukuntu isi yose izaba Paradizo.Ntabwo Bible yigisha ko abantu beza bose bazajya mu ijuru.Ahubwo ivuga ko Intungane "zizaguma hano ku isi,naho abantu babi bose bagakurwa mu isi".Byisomere muli Imigani 2:21,22.Bible yigisha ko "hazabaho isi nshya n’ijuru rishya".Byisomere muli 2 Petero 3:13.Isi nshya,bisobanura isi izaba Paradizo, izaba ituwe n’abantu bumvira imana gusa.Naho Ijuru rishya,rizaturwamo n’imana,Yesu,Abamarayika.Haziyongeramo abantu bazakurwa mu isi.Nibo bazategeka isi nshya.Byisomere muli Daniel 7:27 na Revelations 5:10.
Geeenda Rwanda uri nzizaaa, yooo humeka amahoroooo !!!!!