Reba uko umuhango wo #KwitaIzina19 abana b’ingagi 25 wagenze (amafoto+Video)

Mu Kinigi mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze, tariki 06 Nzeri 2019 hari hateraniye abantu b’ingeri zitandukanye baturutse hirya no hino bitabiriye umuhango wo kwita izina abana b’ingagi 25.

Ibyo birori byarimo na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, n’abandi bashyitsi batandukanye, baba aba hano mu Rwanda n’abaturutse hirya no hino ku isi.

Akanyamuneza kari kose ku bitabiriye ibyo birori nk’uko bigaragara muri aya mafoto dukesha Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RDB) n’umunyamakuru wa Kigali Today ufotora, Plaisir Muzogeye, ndetse n’amashusho (Video) yafashwe na Richard Kwizera wa Kigali Today.

Kanda munsi hagati urebe amashusho (Video) agaragaza uko uyu muhango wo Kwita Izina wagenze

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka