Ni ukuri kw’Imana u Rwanda ruraryoshye (Amafoto)

Nyuma y’uko Icyorezo cya Coronavirus cyugarije u Rwanda, kigatuma ubukerarugendo busubikwa igihe gito kugira ngo iki cyorezo gikumirwe; Abanyarwanda benshi bakumbuye gusura uduce tumwe na tumwe tubereye ijisho two mu gihugu.

Nyuma y’uko iki cyorezo kimaze kugenda gikumirwa buhoro buhoro, n’aho gisigaye hakaba ari ahantu hazwi ku buryo bitabangamira ubukerarugendo, Leta y’u Rwanda yasubukuye ubukerarugendo bwo hagati mu gihugu, ndetse inagabanya bimwe mu biciro byo gusura, kugira ngo Abanyarwanda benshi babashe kwitabira gusura ibyiza bitatse u Rwanda.

Aha ni hamwe mu ho Kigali Today yabagereye, nimurebe ukuntu u Rwanda ari rwiza maze muzahasure.

Utemberereye mu Kirere cya Rubavu ubona ibintu utazabona mu bindi bihugu

Muri Parike y’Igihugu y’Ibirunga urahareba ntuhahage, ugasusurutswa n’Ingagi

Muri Parike y’Igihugu y’Akagera ho urusobe rw’imyamaswa uhasanga rutuma wifuza kuharara

Muri Parike y’igihugu ya Nyungwe na ho ntiwakwicwa n’irungu aho utaramirwa n’Inkima

Photo: Plaisir Muzogeye

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 4 )

Wawoooh praud to be Rwandan ! Rwanda yacu nziza. iwacu heza.

Yvonne yanditse ku itariki ya: 17-07-2020  →  Musubize

genda Muzogeye urabizi pe
ifoto irivugira

Nziza yanditse ku itariki ya: 15-07-2020  →  Musubize

Urakoze cyane munyamakuru.Nk’umukristu,unyibukije ukuntu isi izaba Paradizo dusoma muli 2 Petero 3:13 izaba imeze.Ngo tuzaba dukina n’Intare,Inzoka,etc...zitaturya nkuko Yesaya 11:6-8 havuga.Ikirenze ibyo,Indwara n’Urupfu bizavaho burundu nkuko Ibyahishuwe 21:4 havuga.Niba dushaka kuzaba muli iyo Paradizo cyangwa tukazajya mu Ijuru,Imana idusaba "kuyishaka cyane",ntitwibere gusa mu gushaka ibyisi.Nitubikora,izatuzura ku munsi wa nyuma nkuko yabidusezeranyije muli Yohana 6:40.Iteka ubuhanuzi bwa Bible buraba,niyo bwatinda.Nta na rimwe Imana ibeshya.

rutagengwa marcel yanditse ku itariki ya: 15-07-2020  →  Musubize

Nibyo koko dufite byinshi byiza. Aliko se ibintu nibyo byiza mbere yikiremwa muntu?
Ntabwo Ali bulimunsi twumva ngo kanaka yabuliwe irengero?
Ntabwo Ali buli munsi twumva ngo hatoraguwe imirambo wumuntu utazwi aha naha?
Ntamahoro kumitima yabantu se izo ngagi zivuze iki?

Akumiro yanditse ku itariki ya: 15-07-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka