Mugenzi, Kurangarira kuri telefoni bagutwaye byakwambura ubuzima (Amafoto)

Abagenzi batega moto cyane cyane mu mujyi wa Kigali bakunze kugaragara bamwe bagenda bandika ubutumwa, abandi basoma ubutumwa, mu gihe abandi bagenda bavugira kuri telefoni.

Ibyo bisa n’uburangare bishobora gutuma umugenzi adashyira umutima ku rugendo, bityo mu gihe umutwaye yahura n’ikibazo nko guhunga impanuka cyangwa bitewe n’umuvuduko, cyangwa se mu gihe akata ikorosi, bishobora gutuma umugenzi yisanze hasi cyangwa akaba yagendera nabi umutwaye bikaba byabaviramo impanuka.

Aya mafoto agaragaza ko bigenda bifata intera yo hejuru

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka