Igikorwa cyo gutaha Kigali Arena mu mafoto 30

Kuri uyu wa gatanu tariki 09 Kanama 2019, nibwo inyubako cyangwa se stade idasanzwe y’umukino wa Basket izwi nka Kigali Arena yatashywe ku mugaragaro, ifungurwa na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Ni inyubako ya mbere mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba, ikaba mu icumi za mbere muri Afurika. Yubatswe neza kandi vuba kuko ibikorwa byo kuyubaka bimaze amezi atandatu gusa.

Niba utarabashije kuba mu bantu 10,000 bakwira muri iyi nyubako ubwo yatahwaga ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, umunyamakuru ufotora wacu Muzogeye Plaisir, arakugezaho ibi birori nk’uwari uhari mu mafoto 30 twaguhitiyemo.

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka