Dore uko bamwe mu byamamare bazaba basa nibagera mu zabukuru

Abantu batandukanye bo hirya no hino ku isi barimo gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga (FaceApp) bushyirwa muri telefone bugahindura ifoto bukayigira iyo mu bihe by’ubusaza.

Abiganjemo abahanzi n’abandi bamamaye mu bintu bitandukanye barimo n’abo mu Rwanda ni bamwe mu bakoresheje ubwo buryo maze basangiza abakunzi babo ayo mafoto ku mbuga nkoranyambaga.

Platini (Dream Boys)
Platini (Dream Boys)
Antoinnette Niyongira
Antoinnette Niyongira
Tizzo (Active)
Tizzo (Active)
Uncle Austin
Uncle Austin
Kevin Hart
Kevin Hart
Meddy
Meddy
Sandrine Isheja
Sandrine Isheja
Nkusi Arthur
Nkusi Arthur
Anita Pendo
Anita Pendo
Sintex
Sintex
Miss Flora
Miss Flora
Ishimwe Clement (Kina Music)
Ishimwe Clement (Kina Music)
 Igisupusupu
Igisupusupu
 DJ Pius
DJ Pius
Fresh Kid
Fresh Kid
Peace Jolis
Peace Jolis
Joanna (Miss Heritage)
Joanna (Miss Heritage)
Igor Mabano
Igor Mabano
Sterling Magnell (Umutoza w'abasiganwa ku magare)
Sterling Magnell (Umutoza w’abasiganwa ku magare)
Ziggy 55
Ziggy 55
Danny Vumbi
Danny Vumbi
Shaddy Boo
Shaddy Boo

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 6 )

Ibi bintu ndabona bitoroshye isi igeze kure

Sam yanditse ku itariki ya: 20-07-2019  →  Musubize

Iyi app yakozwe n’abo muri Russia.

Bari kwiba Biometrics z’abantu... faces, phone data etc... ibyo bazabikoresha muzaba mubyumva!

Muri America ho FBI bayibwiye gukora investigation kuri iyi app.
None dore abantu bari gutanga amasura yabo ku buntu kandi ku bwinshi batanazi icyo azakoreshwa.

Nk’ubu uyitanze ukiri muto ariko ni nkaho bagufite mpaka igihe uzasazira kuko bayihinduye iy’umusaza.

jean yanditse ku itariki ya: 18-07-2019  →  Musubize

Muri abana babi

Etienne yanditse ku itariki ya: 18-07-2019  →  Musubize

wawoo biratangaje nineza cyane peee iriterambe rizahishyura byinshi tuta tekereza ngo tubimenye. hasigaye kumenya imyaka y’uburame tuzagira ku isi.

igiraneza fagzzo ferdinand yanditse ku itariki ya: 18-07-2019  →  Musubize

Ngewe biranshimishije cyane.Ni agashya!!! Ariko disi nibe umuntu atasazaga,tugahora turi abasore n’inkumi gusa.Ariko njya numva abayehova batwigisha ko abantu bumvira imana bazarokoka ku munsi w’imperuka,bagatura mu isi nshya,ngo bazabaho iteka badasaza,badapfa,batarwara kandi ngo bazahora ari abajene.

hitimana yanditse ku itariki ya: 18-07-2019  →  Musubize

Hahahhhhhhh,murensekeje pe

Simon yanditse ku itariki ya: 17-07-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka