Amafoto utabonye mu muhango wo kurahira kw’abaminisitiri bashya

Ku wa kane tariki ya 14 Ugushyingo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri, abanyamabanga ba Leta ndetse n’abayobozi mu ngabo z’igihugu bari beherutse guhabwa imyanya.

Kigali Today irakugezaho andi mafoto utabonye, y’abayobozi mu nzego z’igihugu, ndetse na bamwe mu banyamuryango b’abarahiye kuri uwo munsi.

Kureba amafoto yose yaranze uwo muhango, kanda hano

Amafoto: Plaisir Muzogeye

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 1 )

NDIFUZAKOMWADUSURAMUKAREREKABUGESERAMUMURENGEWARWERUMURAKOZEIMANAIBARINDE

MUGISHAHONORE yanditse ku itariki ya: 17-03-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka