Nyuma yaho cyaje gucya ariko gikurikirwa n’imvura yaguye guhera mu gitondo gukomeza, bituma ndetse bamwe batabasha kuzindukira mu kazi, dore ko ku wa mbere aba ari umunsi w’akazi kuri benshi mu baba mu Mujyi wa Kigali.




Kuri Mont Kigali ho ni uku hasaga ubwo hari hatangiye gucya
Mwebwe iwanyu haramutse hasa gute?
Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|