
Ni inama ihurije hamwe abaganga barenga 800 bakorera hirya no hino mu bitaro byo mu gihugu, aho bari kuganira na Perezida Kagame.
Dr. Muyombo uzwi nka Tom Close asanzwe akuriye ishami ry’ikigo cy’igihugu cyo gutanga amaraso mu mujyi wa Kigali.
Mbere y’iyi nama, reba mu mafoto uko Dr. Muyombo uzwi nka Tom Close yabanje kubasusurutsa mu ndirimbo ze.













Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Tom Close,uri umuntu w’umugabo kabisa
Ni byiza ko ubuvuzi bwacu butera imbere ariko na none umubare w’abaganga n’abaforomo uracyari muto ugereganije n’umubare w’abaturage, dukwiye gushyiraho ingamba, ARIKO se ng’ubu kuki Kaminuza ya Gitwe yafungiwe ishami ry’ubuganga kandi still tugikeneye abaganga! amakuru mfite kandi yizewe nuko iyi Kaminuza yigishaga neza abana b’u Rwanda ahubwo yazize ibindi bya MUNYANGIRE, INZANGANO, ETC ntabwo bikwiye rwose mugihe igihugu gifite ibibazo nk’ibi by’abaganga, biba bikwiye ko abanyarwanda dushyira hamwe twese buri wese agatanga umusanzu we.
Ese ubundi MINEDUC niyo ireberera amashuri yigisha ubuvuzi cg byakagombye kuba ari MINISANTE?