Mbere y’izo ngamba, Umujyi wa Kigali mu bice bitandukanye cyane cyane mu masaha ya nimugoroba na nijoro, wasangaga ari ahantu hari urujya n’uruza rw’abantu n’ibinyabiziga.
Muri iyi nkuru y’amafoto, Kigali Today iragutemeberza mu bice binyuranye by’Umujyi wa Kigali mu masaha ya nijoro, urebe uko hasigaye hameze mu gihe urujya n’uruza rw’abantu n’ibinyabiziga rwagabanutse cyane.
Amafoto:
- Muri rond point ya Kacyiru ubu ni uku haba hameze mu masaha y’ijoro
- Mu Mujyi rwagati ni uku haba hameze mu masaha y’ijoro
- Ku Muhima umanuka uva mu Mujyi. Aha hantu hakundaga kuba hari ibinyabiziga bimanuka biva mu Mujyi byinshi mu masaha ya nijoro
- Ku Gisimenti/Kissment. Aka gace gakunze kubamo abantu benshi baba bafata icyo kunywa mu masaha y’umugoroba, na cyane ko ari agace kiganjemo utubari twinshi
- Bahamas Pub, hakunze kuba hicaye abantu no hanze ku muhanda bafata icyo kunywa
- Aha ni mu Biryogo ujya i Nyamirambo
- Mu Mujyi rwagati (Quartier Mateus), ahakunze kuba urujya n’uruza rw’abantu n’imodoka. Abantu babaga barangura ibicuruzwa
- Mu Mujyi ’Down Town’ ni uku hasigaye hasa nijoro. Ubusanzwe habaga huzuye abantu benshi cyane
- Ku Gishushu. Amasaha ya nimugoroba habaga hari umubyigano w’ibinyabiziga, hakitabazwa amatara ayobora abantu (feux rouge) ndetse n’abapolisi
- Hotel des Mille Collines
- Ku Kinamba. Hari imihanda ibiri igerekeranye, wasangaga yose yuzuyemo ibinyabiziga ku mugoroba, ariko ubu nta na kimwe wahabona
- Aha ni ku Kimisagara
- Kissment ahakunze kuba abantu benshi
- Amaduka y’ubucuruzi ku Gisimenti
- Kwa Lando ku Gisimenti ni uku hasigaye hameze
- Kwa Mutwe ahakunze kuba urujya n’uruza rw’abantu bagura capati abandi bazigurisha
- Mu Mujyi kwa Rubangura
- Mu Mujyi aho bakunda kwita kwa Makuza
- Ahitwa kuri Peyaje ubusanzwe hakunze kuba umubyigano w’ibinyabiziga, ubu ntiwahabona na kimwe
- Remera ahakorera KFC
- Mu mahuriro y’imihanda ku Muhima hafi ya Yamaha. Aha na ho hakunze kuba umubyigano w’ibinyabiziga ariko ubu ntabyo
- Umuhanda wo mu Biryogo urera
- Hamwe moto baraziparitse baratwikira
Kureba amafoto menshi kanda HANO
Amafoto: Plaisir Muzogeye
Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
Inkuru zijyanye na: Coronavirus
- #COVID19: Abantu 32 banduye mu cyumweru babonetse mu bipimo 11,440
- #COVID19: Abantu 27 banduye mu cyumweru babonetse mu bipimo 9,528
- #COVID19: Abantu 28 banduye mu cyumweru babonetse mu bipimo 9,555
- #COVID19: Abantu 23 banduye mu cyumweru babonetse mu bipimo 8,951
- #COVID19: Abantu babiri banduye babonetse mu bipimo 1,212
- #COVID19: Nta muntu wanduye mushya mu bipimo 1,215
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,290
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,131
- #COVID19: Abantu babiri banduye babonetse mu bipimo 1,224
- #COVID19: Abantu batanu banduye babonetse mu bipimo 1,515
- #COVID19: Abantu 6 banduye babonetse mu bipimo 974
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,828
- #COVID19: Abanduye batatu babonetse mu bipimo 2,071
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,500
- #COVID19: Abantu babiri banduye babonetse mu bipimo 1,467
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 1,207
- #COVID19: Nta muntu wanduye mushya mu bipimo 1,328
- #COVID19: Umuntu umwe yitabye Imana, abanduye ni 2,195
- #COVID19: Abanduye babiri babonetse mu bipimo 2,582
- #COVID19: Umuntu umwe wanduye yabonetse mu bipimo 2,394
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|