Amafoto:Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi baherutse guhabwa imyanya

Kuri uyu wa kane tariki ya 14 Ugushyingo 2019, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakiriye indahiro z’abaminisitiri, abanyamabanga ba Leta n’abayobozi mu gisirikare, baheruka guhabwa imyanya.

Abarahiye ni Gen. Patrick Nyamvumba, Minisitiri w’umutekano, Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya, Minisitiri w’ibidukikije, Aurore Mimoza Munyangaju, Minisitiri wa siporo, Bamporiki Edouard, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco, Ignatienne Nyirarukundo, Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho y’abaturage, Gen. Jean Bosco Kazura, Umugaba mukuru w’ingabo z’igihugu, Gen. Fred Ibingira, Umugaba mukuru w’inkeragutabara, Lt. Gen Jack Musemakweli, Umugenzuzi mukuru muri Minisiteri y’ingabo z’igihugu na Maj Gen Kabandana Innocent, Umugaba mukuru wungirije w’inkeragutabara.

Reba uko uwo muhango wagenze mu mafoto:

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka