Amafoto: Perezida Kagame yahaye ipeti rya Sous-Lieutenent abasore n’inkumi 320

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Ugushyingo 2019, Perezida wa Repubulika, akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’igihugu, yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant abasore n’inkumi 320, barangije amasomo mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Gako mu karere ka Bugesera.

Muri aba, harimo abarangije amasomo y’imyaka ine, hakaba n’abakoze amahugurwa y’umwaka.

Dore amwe mu mafoto yaranze uwo muhango:

Kureba andi mafoto yaranze uyu muhango, kanda hano

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 1 )

Ni byiza kabisa ingabo zu RWANDA ziba ziteguwe mu buryo bwa kinyamwuga

Butera Hussein yanditse ku itariki ya: 17-11-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka