Amafoto aryoheye ijisho agaragaza uko izuba ryagiye rirenga mu cyumweru gishize

Nk’uko Kigali Today ibabera hirya no hino mu gihugu, yabateguriye amafoto yo guhera ku wa mbere w’icyumweru gishize, agaragaza uburyo izuba ryagiye rirenga mu duce dutandukanye tw’igihugu.

Amafoto: Nyirishema Fiston/Kigali Today

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 1 )

Mbega byiza!!! Nkunda kubona IZUBA rirenga cyangwa rirasa.Nta muntu n’umwe bidashimisha.Binyibutsa ukuntu Imana imaze kurema ADAMU yamushyize muli Paradis ya Eden,hari ibintu byinshi byo kureba bishimishije:Inyamaswa,Ibiti,Imigezi,etc...Niko bizaba bimeze mu isi nshya izaba paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Izaturwa gusa n’abantu bumvira Imana,kubera ko abakora ibyo itubuza izabakura mu isi ku munsi w’imperuka.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Naho abazajya mu Ijuru,bazaba Abami n’Abatambyi,bayobore Isi izaba Paradizo.Byisomere muli Ibyahishuwe 5:13 na Daniel 7:27.Duhatane dushaka Imana,twe kwibera mu gushaka ibyisi gusa,kugirango tuzabe mu Ijuru cyangwa mu Isi izaba Paradizo.Ese mwari muzi ko muli Paradizo tuzaba dukina n’Intare,Inzoka,etc...???Bisome muli Yesaya 11:6-8.

sezikeye yanditse ku itariki ya: 28-06-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka