Nk’uko Kigali Today ibabera hirya no hino mu gihugu, yabateguriye amafoto yo guhera ku wa mbere w’icyumweru gishize, agaragaza uburyo izuba ryagiye rirenga mu duce dutandukanye tw’igihugu.
|
Sudani y’Epfo: Biteguye kugaragariza Papa Francis akababaro kabo
Kicukiro: Bizihije Umunsi w’Intwari bataha ibikorwa by’abaturage
Karegeya watangije ‘Ibere rya Bigogwe’ yishimiye ubutaka yahawe na Leta
Sitade mpuzamahanga ya Huye yongeye gushyirwa muri Stade zitemewe na CAF
Mbega byiza!!! Nkunda kubona IZUBA rirenga cyangwa rirasa.Nta muntu n’umwe bidashimisha.Binyibutsa ukuntu Imana imaze kurema ADAMU yamushyize muli Paradis ya Eden,hari ibintu byinshi byo kureba bishimishije:Inyamaswa,Ibiti,Imigezi,etc...Niko bizaba bimeze mu isi nshya izaba paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Izaturwa gusa n’abantu bumvira Imana,kubera ko abakora ibyo itubuza izabakura mu isi ku munsi w’imperuka.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Naho abazajya mu Ijuru,bazaba Abami n’Abatambyi,bayobore Isi izaba Paradizo.Byisomere muli Ibyahishuwe 5:13 na Daniel 7:27.Duhatane dushaka Imana,twe kwibera mu gushaka ibyisi gusa,kugirango tuzabe mu Ijuru cyangwa mu Isi izaba Paradizo.Ese mwari muzi ko muli Paradizo tuzaba dukina n’Intare,Inzoka,etc...???Bisome muli Yesaya 11:6-8.