Nk’uko Kigali Today ibabera hirya no hino mu gihugu, yabateguriye amafoto yo guhera ku wa mbere w’icyumweru gishize, agaragaza uburyo izuba ryagiye rirenga mu duce dutandukanye tw’igihugu.
|
|
Philippines: Abantu 66 bahitanywe n’imyuzure
Hakenewe iminara 2,500 kugira ngo ‘Internet’ igere mu gihugu hose
Muhanga: Mukamusoni yahembewe guca igikwangari mu mudugudu ayobora
MINISANTE yatangije ikoranabuhanga ryifashishwa mu gukusanya no gukurikirana amakuru y’indwara z’ibyorezo
Mbega byiza!!! Nkunda kubona IZUBA rirenga cyangwa rirasa.Nta muntu n’umwe bidashimisha.Binyibutsa ukuntu Imana imaze kurema ADAMU yamushyize muli Paradis ya Eden,hari ibintu byinshi byo kureba bishimishije:Inyamaswa,Ibiti,Imigezi,etc...Niko bizaba bimeze mu isi nshya izaba paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Izaturwa gusa n’abantu bumvira Imana,kubera ko abakora ibyo itubuza izabakura mu isi ku munsi w’imperuka.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Naho abazajya mu Ijuru,bazaba Abami n’Abatambyi,bayobore Isi izaba Paradizo.Byisomere muli Ibyahishuwe 5:13 na Daniel 7:27.Duhatane dushaka Imana,twe kwibera mu gushaka ibyisi gusa,kugirango tuzabe mu Ijuru cyangwa mu Isi izaba Paradizo.Ese mwari muzi ko muli Paradizo tuzaba dukina n’Intare,Inzoka,etc...???Bisome muli Yesaya 11:6-8.