Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
U Rwanda rwamaganye ibirego bya Amerika
Abarimo barangiza ibihano nibatugane tubafitiye imbabazi - Uwarokotse Jenoside
Ibigo by’imari byatangiye gutegura inguzanyo igenewe abafite ibikorwa biciriritse
Abatuye ahateye impungenge muri ibi bihe by’imvura baraburirwa
Njye ndabona ibyiza ari ukongera imiyoboro ifatira amazi haruguru cyane y’umuhanda wa kaburimbo kandi hakongerwa amateme muri kaburimbo. Ibyo byatuma amazi atireka cyangwa ngo agende asandaye nkuko bigaragara. Dutinye gushyira andi mateme aho dushaka muri kaburimbo amaherezo amazi yazanaca iyo kaburimo akanyura aho yo ashaka.