Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze.

Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze. Imihanda yibasiwe ndetse n’umuhanda wa Kaburimbo Kigali-Rubavu wamaze umwanya ufunze kubera umwuzure.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Njye ndabona ibyiza ari ukongera imiyoboro ifatira amazi haruguru cyane y’umuhanda wa kaburimbo kandi hakongerwa amateme muri kaburimbo. Ibyo byatuma amazi atireka cyangwa ngo agende asandaye nkuko bigaragara. Dutinye gushyira andi mateme aho dushaka muri kaburimbo amaherezo amazi yazanaca iyo kaburimo akanyura aho yo ashaka.