Ifoto y’icyumweru

I Musanze ngo hari abatunzwe no gutwara inzoga ku magare. Iyo inyota ibafatiye ku nzira bashyiramo umuheha bagasomaho (Photo Leonard Nshimiyimana).
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Muvunyi yatumije Inteko Rusange ya Rayon Sports, Perezida Thaddée asubiza ko nta mwanya uhari
Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda zambitswe imidari y’ishimwe
Ntacyo ubuyobozi butazakora kugira ngo urubyiruko rugire ubuzima bwiza – Guverineri Ntibitura
Argentine: Google yatsinzwe urubanza rw’ifoto icibwa Amayero 12000
ntakiza kinzoga bavandi niyo waba uyinywa gerageza isuku
sana ndumiwe.kodupfu.ye turibeshi.ukombo.na izo njerekani zisa.birata nga je
Uranyemeje kabs
uranyemeje kabs
ndebera warahi biriya ntibintu koko reka barucye nimugihe
nubwo inzoga ari mbi, ariko umwanda uri kuri ayo majerekani urarenze: njye ndabona ubukana bwa ruriya rwagwa bufatanyije n’ uriya mwanda byakwangiza ubuzima bw’ ababinyoye bagapfa vuba.
inzoga nimbi uyikura mwicupa ikagukura mubagabo