Ifoto y’icyumweru
- I Musanze ngo hari abatunzwe no gutwara inzoga ku magare. Iyo inyota ibafatiye ku nzira bashyiramo umuheha bagasomaho (Photo Leonard Nshimiyimana).
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ibihugu byose birakangurirwa gusinya amasezerano yo guca intwaro kirimbuzi
Musanze: Baheze mu bukode kubera kubuzwa kubaka ibibanza byabo
Gen. Kabarebe yavuze ku ntambara n’ubwicanyi bibera muri Congo
Kigali: Bakurikiranyweho kwiba Amadolari arenga ibihumbi bitandatu muri Hoteli
ntakiza kinzoga bavandi niyo waba uyinywa gerageza isuku
sana ndumiwe.kodupfu.ye turibeshi.ukombo.na izo njerekani zisa.birata nga je
Uranyemeje kabs
uranyemeje kabs
ndebera warahi biriya ntibintu koko reka barucye nimugihe
nubwo inzoga ari mbi, ariko umwanda uri kuri ayo majerekani urarenze: njye ndabona ubukana bwa ruriya rwagwa bufatanyije n’ uriya mwanda byakwangiza ubuzima bw’ ababinyoye bagapfa vuba.
inzoga nimbi uyikura mwicupa ikagukura mubagabo