Ifoto y’icyumweru
I Musanze ngo hari abatunzwe no gutwara inzoga ku magare. Iyo inyota ibafatiye ku nzira bashyiramo umuheha bagasomaho (Photo Leonard Nshimiyimana).
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Rwanda Premier League yasinyanye amasezerano na Skol
Ambasade y’Ubuholandi mu Rwanda yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Inkende zishobora kongerwa mu nyamaswa zishyurirwa igihe zoneye abaturage
Paris: Dr Eugene Rwamucyo wahamwe n’ibyaha bya Jenoside agiye kuburana mu bujurire
ntakiza kinzoga bavandi niyo waba uyinywa gerageza isuku
sana ndumiwe.kodupfu.ye turibeshi.ukombo.na izo njerekani zisa.birata nga je
Uranyemeje kabs
uranyemeje kabs
ndebera warahi biriya ntibintu koko reka barucye nimugihe
nubwo inzoga ari mbi, ariko umwanda uri kuri ayo majerekani urarenze: njye ndabona ubukana bwa ruriya rwagwa bufatanyije n’ uriya mwanda byakwangiza ubuzima bw’ ababinyoye bagapfa vuba.
inzoga nimbi uyikura mwicupa ikagukura mubagabo