Ifoto y’icyumweru

Aba babyeyi ni abo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga. Nyuma yo kumva ihame ry'uburinganire buzuzanya muri byose (Photo Ephrem Murindabigwi).
Aba babyeyi ni abo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga. Nyuma yo kumva ihame ry’uburinganire buzuzanya muri byose (Photo Ephrem Murindabigwi).
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 11 )

BIRIYA NTAGO ARIBYIZA PE.

EGIDE yanditse ku itariki ya: 10-04-2021  →  Musubize

mbega umugabo !! yewe akabi gasekwa nkakeza koko nge simbimushimiye.

fabien yanditse ku itariki ya: 17-07-2016  →  Musubize

INGANZWA ZIRAGWIRA IYI YO ITAMBUTSE KUZINDI

ASDFG DFGH yanditse ku itariki ya: 27-06-2015  →  Musubize

IGANZWA NIKO TUZIBONA

ASDFG DFGH yanditse ku itariki ya: 27-06-2015  →  Musubize

Urugo nurwabo bombi kandi nabariya bana nababo abagaya rero uriya mugabo sinzi icyo bashingiraho, ese bariya bana ko bameze nkaho ari mpanga uriya mugore yari kubaheka gute? ahubwo uyu mugore ajye ashima Imana yamuhaye umugabo mwiza

yang you yanditse ku itariki ya: 23-06-2015  →  Musubize

Urugo nurwabo bombi kandi nabariya bana nababo abagaya rero uriya mugabo sinzi icyo bashingiraho, ese bariya bana ko bameze nkaho ari mpanga uriya mugore yari kubaheka gute? ahubwo uyu mugore ajye ashima Imana yamuhaye umugabo mwiza

yang you yanditse ku itariki ya: 23-06-2015  →  Musubize

umva mugabo,ntu ndakugaye.Urababaje.

Alias,Ntenyo yanditse ku itariki ya: 22-06-2015  →  Musubize

Kubahana kw’abashakanye ntacyo bitwaye.

bett yanditse ku itariki ya: 20-06-2015  →  Musubize

Ariko se mada,ubwo koko ushimishwa yuko umugabo wawe aganzwa?

RUGERINYANGE yanditse ku itariki ya: 19-06-2015  →  Musubize

Ari kose muga,ubwo iwawe uravuga?ubwo se ijya kwa nyokobukwe ukitwa umukwe cyangwa witwa....?

RUGERINYANGE yanditse ku itariki ya: 19-06-2015  →  Musubize

Uyu mugabo ndamwemeye

Rwema yanditse ku itariki ya: 16-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka