Ifoto y’icyumweru
- Aba babyeyi ni abo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga. Nyuma yo kumva ihame ry’uburinganire buzuzanya muri byose (Photo Ephrem Murindabigwi).
Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ibihugu byose birakangurirwa gusinya amasezerano yo guca intwaro kirimbuzi
Musanze: Baheze mu bukode kubera kubuzwa kubaka ibibanza byabo
Gen. Kabarebe yavuze ku ntambara n’ubwicanyi bibera muri Congo
Kigali: Bakurikiranyweho kwiba Amadolari arenga ibihumbi bitandatu muri Hoteli
BIRIYA NTAGO ARIBYIZA PE.
mbega umugabo !! yewe akabi gasekwa nkakeza koko nge simbimushimiye.
INGANZWA ZIRAGWIRA IYI YO ITAMBUTSE KUZINDI
IGANZWA NIKO TUZIBONA
Urugo nurwabo bombi kandi nabariya bana nababo abagaya rero uriya mugabo sinzi icyo bashingiraho, ese bariya bana ko bameze nkaho ari mpanga uriya mugore yari kubaheka gute? ahubwo uyu mugore ajye ashima Imana yamuhaye umugabo mwiza
Urugo nurwabo bombi kandi nabariya bana nababo abagaya rero uriya mugabo sinzi icyo bashingiraho, ese bariya bana ko bameze nkaho ari mpanga uriya mugore yari kubaheka gute? ahubwo uyu mugore ajye ashima Imana yamuhaye umugabo mwiza
umva mugabo,ntu ndakugaye.Urababaje.
Kubahana kw’abashakanye ntacyo bitwaye.
Ariko se mada,ubwo koko ushimishwa yuko umugabo wawe aganzwa?
Ari kose muga,ubwo iwawe uravuga?ubwo se ijya kwa nyokobukwe ukitwa umukwe cyangwa witwa....?
Uyu mugabo ndamwemeye