Ifoto y’icyumweru

Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
|
Tottenham Hotspur itwaye Europa League 2024-2025 itsinze Manchester United (Amafoto)
Nyamagabe: Abagore 53 bagiye kurangiza ibihano ku byaha bya Jenoside batangiye kwigishwa
RDC: Matata Ponyo wabaye Minisitiri w’Intebe yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato
Rayon Sports inaniwe gutsinda Bugesera mu mukino wakinwe iminsi ibiri
Dukore ikigereranyo turebe:
Ikigega=?
Imireko=?
Amatiyo=?
Attache z’imireko=?
Coude=?
Imifuniko y’imireko=?
Robine=?
Kubaka aho kugitereka=?
Umufundi wabyubatse=?
Igihugu kiracyafite byinshi byo gukora no gukosora!ibi ni ukubeshya umuntu ko wamufashije.Ikigega kirarusha agaciro inzu cyubatseho!!!!!!Hari ahandi nageze ho mbona birasekeje cyane muzahanyarukire mutubwire naho i nyamagabe mu murenge wa kibirizi mu mudugudu uri hafi y’ivuriro rya kibirizi!!!!
aha ni mu cyaro i Rubengera n,urugo rw,inturusu
iyo foto iraharagaza umuntu utuye mucyaro ariko w’umusilimu, kuba umunyarwanda usobanutse aho waba utuye hose
Oya ntacyo ivuze. Keretse niba ari igisakuzo. Nicyo gisaba gufindura.
none se ko utagize icyo uyivaugaho ? niyo nziza se ni mbi se?
Yayifatiyehe? Uvuziki ubwo? Namwe mwishakiye akazi kbsa!!!!!!!!!