Ifoto y’icyumweru
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Kigali: Bashyinguye mu cyubahiro imibiri 99
Mu Rwanda hateganyijwe imvura idasanzwe: Abashinzwe gukumira ibiza biteguye bate?
Diviziyo ya gatanu y’ingabo z’u Rwanda yatsinzwe na Brigade ya 202 ya Tanzania (Amafoto)
Nigeria: Imvura yangije gereza, abagororwa basaga 100 baratoroka
Dukore ikigereranyo turebe:
Ikigega=?
Imireko=?
Amatiyo=?
Attache z’imireko=?
Coude=?
Imifuniko y’imireko=?
Robine=?
Kubaka aho kugitereka=?
Umufundi wabyubatse=?
Igihugu kiracyafite byinshi byo gukora no gukosora!ibi ni ukubeshya umuntu ko wamufashije.Ikigega kirarusha agaciro inzu cyubatseho!!!!!!Hari ahandi nageze ho mbona birasekeje cyane muzahanyarukire mutubwire naho i nyamagabe mu murenge wa kibirizi mu mudugudu uri hafi y’ivuriro rya kibirizi!!!!
aha ni mu cyaro i Rubengera n,urugo rw,inturusu
iyo foto iraharagaza umuntu utuye mucyaro ariko w’umusilimu, kuba umunyarwanda usobanutse aho waba utuye hose
Oya ntacyo ivuze. Keretse niba ari igisakuzo. Nicyo gisaba gufindura.
none se ko utagize icyo uyivaugaho ? niyo nziza se ni mbi se?
Yayifatiyehe? Uvuziki ubwo? Namwe mwishakiye akazi kbsa!!!!!!!!!