Abagore bo mu cyaro barakataje mu guharanira iterambere ry’ingo zabo
- Umugore wo mu Karere ka Burera yahetse umwana yikorera n’umufuka w’ibirayi abijyanye ku isoko (Ifoto: Norbert Niyizurugero).
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Musanze: Baheze mu bukode kubera kubuzwa kubaka ibibanza byabo
Gen. Kabarebe yavuze ku ntambara n’ubwicanyi bibera muri Congo
Kigali: Bakurikiranyweho kwiba Amadolari arenga ibihumbi bitandatu muri Hoteli
Abayobozi muri Polisi y’u Rwanda n’iya Qatar baganiriye ku bufatanye bw’inzego zombi
yallabi mana dusenga tabara ingo ziyiminsi
Urakoze Nkaka urabimvugiye! Ahubwo uwanditse iyo title agashyiraho iyo foto yashinyaguye!!!!
Ariko mana tabara uriya mwana pe!
Yewe biriya si ibyo kwishimira ahubwo abagabo b’i Burera bakunda kwinywera inzoga zitwa inyagasagara abagore babona nta kundi byagenda,bagakora kuriya.Biriya arimo babyita imihepfu.Murumva ko ari danger.
Aha nukubura uko umuntu agira,biragoranye nukuri.
buriyase atsikiye urabona atakwagiza uwahetse?
Kuriya sugushaka iterambere ahubwo nukubura uko agira!harimo imvune cyane!
duharanire kwigira muri byose bityo ibyo aba bagire bakatajemo nibyo bizatuma hari aho bigeza
the picture of the topic doesn’t not compatible with the content
Ahubwo abagore Bo mucyaro barakora imirimo ivunanye cyane!