Abagore bo mu cyaro barakataje mu guharanira iterambere ry’ingo zabo
Umugore wo mu Karere ka Burera yahetse umwana yikorera n’umufuka w’ibirayi abijyanye ku isoko (Ifoto: Norbert Niyizurugero).
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Abanyarwanda batuye muri Mali bijihije umunsi mukuru wo Kwibohora
Iserukiramuco Ubumuntu rirashimirwa uruhare rigira mu kubaka amahoro
#WC2026: Espagne itwaye Igikombe cy’Isi 2026 itsinze Argentina (Amafoto)
Police FC yabonye Umunyamabanga Mukuru mushya
yallabi mana dusenga tabara ingo ziyiminsi
Urakoze Nkaka urabimvugiye! Ahubwo uwanditse iyo title agashyiraho iyo foto yashinyaguye!!!!
Ariko mana tabara uriya mwana pe!
Yewe biriya si ibyo kwishimira ahubwo abagabo b’i Burera bakunda kwinywera inzoga zitwa inyagasagara abagore babona nta kundi byagenda,bagakora kuriya.Biriya arimo babyita imihepfu.Murumva ko ari danger.
Aha nukubura uko umuntu agira,biragoranye nukuri.
buriyase atsikiye urabona atakwagiza uwahetse?
Kuriya sugushaka iterambere ahubwo nukubura uko agira!harimo imvune cyane!
duharanire kwigira muri byose bityo ibyo aba bagire bakatajemo nibyo bizatuma hari aho bigeza
the picture of the topic doesn’t not compatible with the content
Ahubwo abagore Bo mucyaro barakora imirimo ivunanye cyane!