Abagore bo mu cyaro barakataje mu guharanira iterambere ry’ingo zabo
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
Umutangabuhamya yashinje Nkunduwimye kwambara nk’interahamwe no kuvuga amagambo yo gushinyagura
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yagaragaje ibyagezweho mu kuzamura ireme ry’uburezi
Ubumenyi yari afite ku mbunda bwamufashije kwirwanaho hagira n’abarokoka Jenoside (Ubuhamya)
Kimisagara: Banenze uwari Konseye washishikarije Abatutsi kwigaragaza ababeshya kubarinda
yallabi mana dusenga tabara ingo ziyiminsi
Urakoze Nkaka urabimvugiye! Ahubwo uwanditse iyo title agashyiraho iyo foto yashinyaguye!!!!
Ariko mana tabara uriya mwana pe!
Yewe biriya si ibyo kwishimira ahubwo abagabo b’i Burera bakunda kwinywera inzoga zitwa inyagasagara abagore babona nta kundi byagenda,bagakora kuriya.Biriya arimo babyita imihepfu.Murumva ko ari danger.
Aha nukubura uko umuntu agira,biragoranye nukuri.
buriyase atsikiye urabona atakwagiza uwahetse?
Kuriya sugushaka iterambere ahubwo nukubura uko agira!harimo imvune cyane!
duharanire kwigira muri byose bityo ibyo aba bagire bakatajemo nibyo bizatuma hari aho bigeza
the picture of the topic doesn’t not compatible with the content
Ahubwo abagore Bo mucyaro barakora imirimo ivunanye cyane!