Abagore bo mu cyaro barakataje mu guharanira iterambere ry’ingo zabo
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
Sikubwabo Charles na Ryandikayo bashakishwaga kubera uruhare rwabo muri Jenoside barapfuye
Uruzinduko rwa Perezida Kagame rushimangira umubano w’ibihugu byombi – Mamadi Doumbouya
Nyagatare: Bamwe mu baganga banga gukorera mu cyaro
Ibiza byabaye muri 2023 bisa n’ibyagarutse muri 2024 byaba bifatirwa izihe ngamba?
yallabi mana dusenga tabara ingo ziyiminsi
Urakoze Nkaka urabimvugiye! Ahubwo uwanditse iyo title agashyiraho iyo foto yashinyaguye!!!!
Ariko mana tabara uriya mwana pe!
Yewe biriya si ibyo kwishimira ahubwo abagabo b’i Burera bakunda kwinywera inzoga zitwa inyagasagara abagore babona nta kundi byagenda,bagakora kuriya.Biriya arimo babyita imihepfu.Murumva ko ari danger.
Aha nukubura uko umuntu agira,biragoranye nukuri.
buriyase atsikiye urabona atakwagiza uwahetse?
Kuriya sugushaka iterambere ahubwo nukubura uko agira!harimo imvune cyane!
duharanire kwigira muri byose bityo ibyo aba bagire bakatajemo nibyo bizatuma hari aho bigeza
the picture of the topic doesn’t not compatible with the content
Ahubwo abagore Bo mucyaro barakora imirimo ivunanye cyane!