Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Arabiya Sawudite yasubitse iyicwa ry’Umunyakenya
Amerika: Umurwayi wa mbere wari watewemo impyiko y’ingurube ihinduriwe uturemangingo yapfuye
RIB yafunze Barikana Eugene wari Umudepite
Indwara ya Vitiligo yibasira uruhu rw’umuntu ishobora gufata n’amatungo
Njye ndabona ibyiza ari ukongera imiyoboro ifatira amazi haruguru cyane y’umuhanda wa kaburimbo kandi hakongerwa amateme muri kaburimbo. Ibyo byatuma amazi atireka cyangwa ngo agende asandaye nkuko bigaragara. Dutinye gushyira andi mateme aho dushaka muri kaburimbo amaherezo amazi yazanaca iyo kaburimo akanyura aho yo ashaka.