Ifoto y’icyumweru
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Hazashyirweho umwihariko wo kwibuka n’abandi bishwe byihariye, nk’abishwe bataragira izina - Meya Ntazinda
Ingabo na Polisi mu masomo yihariye ku gukumira ikoreshwa ry’abana mu gisirikare
Mu Rwanda hagiye kubakwa ishuri ry’imyuga ryigisha nk’ayo mu Bushinwa
Rwanda: Gukodesha inzu mu madolari ntibyemewe ariko birakorwa
Dukore ikigereranyo turebe:
Ikigega=?
Imireko=?
Amatiyo=?
Attache z’imireko=?
Coude=?
Imifuniko y’imireko=?
Robine=?
Kubaka aho kugitereka=?
Umufundi wabyubatse=?
Igihugu kiracyafite byinshi byo gukora no gukosora!ibi ni ukubeshya umuntu ko wamufashije.Ikigega kirarusha agaciro inzu cyubatseho!!!!!!Hari ahandi nageze ho mbona birasekeje cyane muzahanyarukire mutubwire naho i nyamagabe mu murenge wa kibirizi mu mudugudu uri hafi y’ivuriro rya kibirizi!!!!
aha ni mu cyaro i Rubengera n,urugo rw,inturusu
iyo foto iraharagaza umuntu utuye mucyaro ariko w’umusilimu, kuba umunyarwanda usobanutse aho waba utuye hose
Oya ntacyo ivuze. Keretse niba ari igisakuzo. Nicyo gisaba gufindura.
none se ko utagize icyo uyivaugaho ? niyo nziza se ni mbi se?
Yayifatiyehe? Uvuziki ubwo? Namwe mwishakiye akazi kbsa!!!!!!!!!