Umva uko yajya abigenza aramutse abaye meya!
Yanditswe na
KT Editorial
Bamwe mu baturage bagira imyumvire itandukanye ku bayobozi babo, ku buryo hari bamwe bazi ko iyo umuntu abaye umuyobozi aba yemerewe ibintu byose. Iyumvire nk’uyu uko yumva yabaho aramutse abaye Meya.
Haahaha Abaturage ni abana beza kabisa Uwamugira meya ngo yakwirira amandazi na avoka akarenzaho byeri pe pic.twitter.com/JPhA6T2qp5
— Rutindukanamurego (@rutindukanamure) June 5, 2018
Ohereza igitekerezo
|
Ariko abanyamakuru nkaba bafata ibinyamakuru nkibyo gukiniraho cg kwigiraho guteguru inkuru bagiye birukanwa kweri.
Itangazamakuru ririgisha, rigasusurutsa ndetse rikanamenyesha. Mu byukuri aka kantu karasekeje, ariko karanatanga amakuru ku myumvire iri hano hanze mu baturage. Gutunga abaturage bumva ko umuyobozi ari uwo kurya gusa ni ikibazo pe.
Birabaje niba tugifite abaturange bafite imyumvire iteye gutya ahubwo ngewe mbibona nkishano aho urwanda rugeze nkuyu niyabaye ateye gutya
none se wowe urabona uyuarumunyamakuru nyamaki iyinkuru yayanditse yanyweye kamwe nubwana niki hhhhhh
Abanyamakuru mutari ab’umwuga mukwiye kwirukanwa.Nkuyu yanditse iyihe nkuru?Ahaa!!!