Umva uko yajya abigenza aramutse abaye meya!

Bamwe mu baturage bagira imyumvire itandukanye ku bayobozi babo, ku buryo hari bamwe bazi ko iyo umuntu abaye umuyobozi aba yemerewe ibintu byose. Iyumvire nk’uyu uko yumva yabaho aramutse abaye Meya.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Ariko abanyamakuru nkaba bafata ibinyamakuru nkibyo gukiniraho cg kwigiraho guteguru inkuru bagiye birukanwa kweri.

Alias yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

Itangazamakuru ririgisha, rigasusurutsa ndetse rikanamenyesha. Mu byukuri aka kantu karasekeje, ariko karanatanga amakuru ku myumvire iri hano hanze mu baturage. Gutunga abaturage bumva ko umuyobozi ari uwo kurya gusa ni ikibazo pe.

Editor yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

Birabaje niba tugifite abaturange bafite imyumvire iteye gutya ahubwo ngewe mbibona nkishano aho urwanda rugeze nkuyu niyabaye ateye gutya

Frank yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

none se wowe urabona uyuarumunyamakuru nyamaki iyinkuru yayanditse yanyweye kamwe nubwana niki hhhhhh

mbega yanditse ku itariki ya: 5-06-2018  →  Musubize

Abanyamakuru mutari ab’umwuga mukwiye kwirukanwa.Nkuyu yanditse iyihe nkuru?Ahaa!!!

Anacnd yanditse ku itariki ya: 5-06-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka